Sadio Mane yahigitse Mendy, Mo Salah nk’umukinnyi w’umwaka ku mugabane wa Afurika
Umunya-Senegale ukinira ikipe yo mu Budage, Sadio Mane, niwe watowe nk’umukinnyi w’umupira w’amaguru wahize abandi ku mugabane wa Afurika, ahigitse…
Umunya-Senegale ukinira ikipe yo mu Budage, Sadio Mane, niwe watowe nk’umukinnyi w’umupira w’amaguru wahize abandi ku mugabane wa Afurika, ahigitse…
Umutoza wari uwa As Kigali, Mike Mutebi, ahora agaragara arimo asinzira aho ari hose kugeza naho asinzira mu mukino hagati.…
Umutoza wa Chelsea, Thomas Tuchel, yatandukanye n’umugore we Sissi Tuchel, bari bamaranye imyaka 13 babana nk’umugore n’umugabo. Biravugwa ko umugore…
Kwizera Pierrot usoje amasezerano yari afite muri AS Kigali, yerekanwe nk’umukinnyi mushya wa Rayon Sports yamaze kumvikana na yo. Kwizera…
Nyuma y’uko Kakoza Nkuliza Charles uzwi cyane nka KNC, Perezida w’ikipe ya Gasogi United atangaje ko akuye iyi kipe muri…
Nizeyimana Mugabo Olivier uyobora Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda(FERWAFA), nticyitabiriye inama y’inteko rusange yagombaga kuyobora. Ni inama y’Inteko rusange isanzwe…
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri nibwo ikipe ya Rayon sport yatangaje ko yahagaritse uwari umutoza mukuru wayo Irambona…
Kapiteni wikpe y’igihugu Amavubi, Haruna Niyonzima, avuga ko nyunma y’imikino 2 y’ikipe y’Igihugu izahuza Amavubi na Mali ndetse n’Amavubi na…
Uko imibare y’abandura Covid-19 igenda igabanuka, niko Leta nayo igenda idohora ku bikorwa byahagaze mu rwego rwo guhangana n’icyo cyorezo.…
Igitego kimwe kuri kimwe nibyo byaranze umukino wambere wa CAF Champions League waberaga mu mujyi wa Kigali kuri sitade ya…