Min. Biruta yavuze ko RDF itazijandika mu bibazo bya CAR
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane, Dr Vincent Biruta, yatangaje ko ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika ya Centrafrica…
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane, Dr Vincent Biruta, yatangaje ko ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika ya Centrafrica…
Misiyo y’amahoro y’Umuryango w’Abibumbye (UN) muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, MONUSCO, ikomeje gusaba intwaro zirimo iziremereye zirasa kure na…
Urukiko rwisumbuye rwa Musanze kuri uyu wa 28 Nyakanga 2022 rwahamije Muganga Maniriho Jean de Dieu icyaha cyo gusambanya umukobwa…
Abaperezida ba Amerika n’Ubushinwa baburiranye mu kiganiro bagiranye kuri telephone cyamaze amasaha arenga abiri; Xi Jinping avuga ko uwo ari…
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yashinje ibihugu byo ku mugabane wa Afurika kugaragaza uburyarya ku ‘ntambara’ iri kubera muri Ukraine…
Umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe za Amerika (USA), Antony Blinken ashobora kuba ateganya gusura u Rwanda na Repubulika ya Demukarasi…
Ibiro bya Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) bishinzwe ububanyi n’amahanga bivuga ko bizaganira n’inteko ishinga amategeko iherutse gusaba ko…
Hari amakuru avuga ko bamwe mu basirikare ba MONUSCO bahunze ibikorwa by’urugomo by’i Goma muri DRC baba barahungiye mu Rwanda.…
Igisirikare cya Congo Kinshasa (FARDC) n’umutwe wa M23, kuri uyu wa Gatatu bongeye kubura imirwano nyuma y’ibyumweru bibiri by’agahenge. Amakuru…
Urubanza rwa Jean Twagiramungu uregwa jenoside rurahagarara amezi hafi abiri kugira ngo bategereze umutangabuhamya wa nyuma urwaje umubyeyi we utabashije…